IBINTU BY’INGENZI UMUKOBWA AGOMBA KUMENYA KU BAHUNGU

Abahungu benshi ntibakunda abakobwa banini

Abahungu bakunda abakobwa bafite imisatsi miremire

Niba ubajije umuhungu ikibazo udashakira igisubizo menya ko azaguha igisubizo utifuzaga kumva

Hari igihe umuhungu aba atagutekerezaho- ugomba kubana na byo

Ntukabaze umuhungu ibyo arimo gutekereza ashobora ashobora kubifata nabi

Abahungu bakunda imikino ngororangingo, ntukayimubuze

Ntibamenya kugura ibintu mu iduka

Bashimishwa n’icyo wambaye cyose

Jya ugira imyenda n’inkweto byinshi

Abahungu ntibakunda umukobwa wiriza, batekereza ko ari ukwigiza nkana

Umuhungu atekereza ko iyo uvuze ko musaza wawe ari ikigoryi, inshuti y’umuhungu wahoranye akaba ari ikigoryi, na so ashobora kuba ari ikigoryi, n’uwo muhungu akaba ari ikigoryi

Bwira umuhungu icyo ushaka, kwipfusha ntibikora

Umuhungu ashobora kwibagirwa anniversaire yawe, yishyireho akamenyetso muri calendrier

Ntukamamubeshye ko agushimisha, igishimisha umuhungu ni ukumenya ko yabikoze nabi kugira ngo yikosore

Umuhungu ntiyifuza ko umukobwa yazamura iby’amakosa yakozwe mu mezi cyangwa imyaka ishize

Uwigize agatebo ayora ivu-Iheshe agaciro imbere y’umuhungu

Reka yirebere ku bandi bakobwa, none se yabwirwa n’iki ko uri Ikibasumba

Agahararo karashira haguma urukundo

Ntukamubwire ko abakobwa bambaye ubusa bo mu binyamakuru atari beza, kuko aba abareba nyine uba ubaza amenyo y’inkoko ureba umunwa!!

Leave a comment